Gitifu w’akarere ka Ngoma yarekuwe, uwo RIB yavuze ko bafatanwe bakira ruswa akomeza gufungwa
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Ngoma, Mutembe Tom wari umaze iminsi mu buroko, Urukiko rwategetse ko ahita afungurwa, Mutabazi Celestin bafunganwe…