Ikipe ya APR yamenyeshejwe igihe izakinira ikirarane cya mbere

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda “FERWAFA” ryamaze kumenyesha amakipe ya Bugesera na APR FC, igihe bazakinira umukino wa shampiyona utarabereye igihe.

Ni umukino w’umunsi wa kabiri wa shampiyona wagombaga kuba ariko ntiwaba kubera umukino wa CAF Champions League APR FC yari ifitanye na US Monastir FC yo muri Tunisia.

Amakipe yombi yamenyeshejwe ko uyu mukino w’umunsi wa kabiri wa Shampiyona uzabera kuri Stade ya Bugesera ku wa Gatanu, taliki ya 07 Ukwakira 2022 guhera i Saa Cyenda z’amanywa.

Subiza ku gitekerezo

Your email address will not be published.