Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27/09/2022 Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibizamini hamwe na Minisiteri y’Uburezi bashyize hanze amanota y’abanyeshuri basoje amashuri abanza ndetse n’icyiciro rusange.
Atangaza amanota Minisitiri w’Uburezi Dr.uwamariya Valentine yavuze ko Mu mashuri abanza hakoze abanyeshuri 227,472, harimo abakobwa 125,169 n’abahungu 102,303. Abatsinze ni 206,286 bangana na 90.6%. Mu cyiciro rusange, hakoze ni 127,589, abatsinze ni 108,566 bangana na 85.66%.
Nyuma y’itandazwa ry’amanota abantu bingeri zitandukanye bakomeje kwibaza byinshi kuri aya manota yatangajwe. Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibizamini no kugenzura amashuri, cyashyize hanze ibisubizo by’ibibazo byose wakwibaza ku bijyanye n’amanota yasohotse kuri uyu wa Kabiri.
Dore ibibazo ndetse n’ibisubizo byabyo:

Soma indi nkuru bifitanye isano: https://rwandanews24.rw/2022/09/27/dore-uburyo-bworoshye-bwo-kureba-amanota-yibizamini-bya-leta-yasohotse-tariki-ya-27-09-2022/
Yanditswe na TheophileBravery #Rwandanews24