Ibitaro bya Murunda byahawe umuyobozi mushya Dr. Nkunzimana Jean Pierre, uje asimbura Dr. Niringiyimana Eugene nk’uko bigaragara mu itangazo rya Minisiteri y’ubuzima.
Bamwe mu bakozi b’ibi bitaro baganiriye na Rwandanews24 nyuma y’izi mpinduka batangaje ko bishimiye izi mpinduka.


Byiza cyane,muyoboze,turabasaba iringaniza n’amahirwe ahabwa abakozi:bamwe minisante ,imishinga,ibigo abo bose ntibahabwo amahirwe angana haba umushahara contrat amahugurwa ,mukureho ubwo busumbane abakozi bafite level kdi bakora akazi kamwe bahabwe amahirwe angana ,muganga sacco ibahe?ikorerahe? Cpd zahindutse umushinga kuri bamwe birirwa bagurisha kubantu bafite ibyangombwa byarenge mandat muganga ko aba yakoze kdi nawe ntiyafashwa koko kwiga adasabwe amahoro