Rubavu: Ubuyobozi bwamenyesheje ahazajya habera “CAR FREE ZONE”

Mu itangazo ryashyizweho umukono n’Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Bwana Kambogo Ildephonse bagaragaje ko guhera kuri uyu wa 15 Nyakanga 20222 ahazwi nko ku Gisaha, ipande z’isoko rya Gisenyi hatazajya haba hemerewe kunyura imodoka mu bikorwa by’imyidaganduro ngaruka cyumweru.

Iri tangazo rishyizwe ahagaragara nyuma y’igihe kinini iki gikorwa giteganywa gutangizwa ariko ntihamenyekane icyayikomye mu nkokora dore ko, inyuma y’umujyi wa Kigali, mu turere twa Musanze, Muhanga na Huye twatangiye iyi gahunda.

Subiza ku gitekerezo

Your email address will not be published.