Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko tariki 31 Mutarama 2022 umupaka wa Gatuna uhuza u Rwanda na Uganda uzafungurwa. Ni mu itangazo Leta y’u Rwanda yashyize hanze.
Ni nyuma yaho Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka muri Uganda, akaba n’Umujyana ndetse n’umuhungu wa Perezida Museveni asuye u Rwanda, rukaba rusanga hari ubushake mu gukemura ibibazo rwagaragaje.
Itangazo rya Leta y’u Rwanda